Ministry of Gender and Family Promotion|Rwanda

@RwandaGender

The Official Twitter Handle of the Ministry of Gender and Family Promotion | Minisiteri y'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango -

Kigali, Rwanda
Vrijeme pridruživanja: studeni 2011.

Tweetovi

Blokirali ste korisnika/cu @RwandaGender

Jeste li sigurni da želite vidjeti te tweetove? Time nećete deblokirati korisnika/cu @RwandaGender

  1. Prikvačeni tweet

    Umunyamabanga Mukuru wa Col. arasaba buri wese kwihutira gutanga amakuru igihe abonye uwasambanyije umwana kugira ngo ubugenzacyaha butangire iperereza.

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  2. 31. sij

    When women are empowered ,they immeasurably improve the lives of everyone around them. Let's join hands together and treat women with the dignity and give them the respect they deserve.

    Poništi
  3. 31. sij

    Min.: Tumaze iminsi tubona aho bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze bagerageza kunga abahohotewe n’ababahohoteye. Biteye isoni kumva ko Umuyobozi w’Umudugudu yakunga umuryango w’umwana wasambanijwe n’uwamuhohoteye, kandi ibi ntiduteze na rimwe kuzabyihanganira.

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  4. 31. sij

    Min.: Ibyo birasaba ko buri wese aba ijisho rya mugenzi we, agatangira amakuru ku gihe. Itegeko rihana umuntu wese uhisha cyangwa uhishira icyaha cy’ubugome cyane cyane ihohoterwa ryo mu ngo.

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  5. 31. sij

    Min.: Nta mpamvu n’imwe iha umugabo cyangwa umugore guhohotera uwo bashakanye cyangwa umwana we.Ababyeyi bacu,abo twashakanye, abavandimwe ndetse n’abana bacu bagomba kurindwa ihohoterwa iryo ariryo ryose kabone n’ubwo byatwara ikiguzi kinini.

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  6. 31. sij

    Minisitiri w'Ubutabera akaba n'Intumwa Nkuru ya Leta : Igihe kirageze ko twese twamagana iri hohoterwa kuko uyu si umuco nyarwanda, nkaba nsaba ko twese tubyamagana kandi tukagira uruhare rufatika kandi rugaragara mu kubikumira no gutuma ababikoze babiryozwa.

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  7. Umugenzuzi Mukuru w'Uburinganire :Ni byiza ko tumenya ibiranga , bityo natwe tukabiharanira. Mu ndangagaciro z'ubutwari harimo gukunda Igihugu, kwitanga, kugira ubushishozi, kuba umunyakuri, kugira ubupfura n'ibindi

    Poništi
  8. Umugenzuzi Mukuru w'Uburinganire : Twizihiza umunsi w’Intwari z'Igihugu mu rwego rwo kurinda no gukomeza indanganaciro y'Ubutwari ishingiye ku muco Nyarwanda, bityo tugashingira kuri izo ndangagaciro mu bikorwa byose byubaka Igihugu

    Poništi
  9. Mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari z’Igihugu, Abakozi n’Ubuyobozi bwa bari mu kiganiro ku kamaro ko kwizihiza uyu munsi. Insanganyamatsiko iragira iti “ Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro Kacu”

    Poništi
  10. 30. sij

    Identifying families living in conflicts in order to solve them in the best interests of the child and promoting sexual reproductive health’s education among children is one of the teen mothers’ workshop’s resolutions aiming at preventing child defilement in

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  11. 30. sij

    Gukora urutonde rw’imiryango ibana mu makimbirane kugira ngo ifashwe kuyavamo mu nyungu z’umwana no gushishikariza ababyeyi kuganiriza abana by’umwihariko ku buzima bw’imyororoere n’umwe mu myanzuro y’inama yo kurwanya gusambanywa kw’abana muri ,

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  12. 30. sij

    Mbere y’uko abitabiriye inama bajya gukorera mu matsinda ES w’umusigire wa Aloys Ndagijimana G. abasabye gufata imyanzuro itaganisha ku bangavu bitabiriye inama gusa, ahubwo ku iganisha ku bana bose basambanyijwe n’uburyo bwo gukumira iki kibazo burundu

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  13. 30. sij

    Mu nama n’abayobozi b’inzego z’ibanze muri , umokozi wa agaragaje ko abenshi mu basambanya abana mu ako Karere ari abakozi bo mu ngo, bityo ko ababyeyi bakwiye guhagurukira kwita ku burere bw’abana babo bakamenya abo babasigira n'abo babana nabo

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  14. 30. sij

    Uyu mukozi wa ati “ Mbere yo gutekereza ku bindi bibazo, ababyeyi nibafate umwanya baganire ku bana babo kuko nibangirika, ibyo baruhira byose ntacyo bizaba bimaze” , ,

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  15. 30. sij

    While opening the meeting, the Vice Mayor , such a meeting is a big support to . It will help us to improve the initiatives we put in place to prevent child defilement from the family level ,

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  16. 30. sij

    advised participants to concentrate much efforts in child defilement prevention from the village level through“Umugoroba w’Ababyeyi” He requested them to mobilize the community and make sure that everyone understands the danger of child defilement

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  17. 30. sij

    Ubwo yatangizaga iyi nama, V/ Mayor yashimiye kuba yakoreye iyi nama muri kuko ari inkunga ikomeye mu guhangana n’ikibazo cyo gusambanya abana, cyane ko aka Karere kagishyize mu mihigo y’ibibazo kagomba kurandura

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  18. 30. sij

    yagaragaje ko Akarere ka gafite ibyo kamaze gukora mu guhangana n’ikibazo cyo gusambanya abana, ariko ko iyi nama ishobora kugafasha kubinoza neza kuko abayitumiwemo bahura n’abaturage ku buryo bazabagezaho ubutumwa bayikuramo

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  19. 30. sij

    Ku munsi wa 2 w’inama igamije kurwanya isambanywa ry’abana n’inda ziterwa abangavu, iri kuganira n’Abayobozi ku nzego zinyuranye ba , ES b’Imirenge, Abahuzabikorwa b’Inshuti z’Umuryango n’ab’umugoroba w’ababyeyi n’abafatanyabikorwa

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  20. 30. sij

    On the second day of the teen mothers’ workshop aiming at assessing the issue of child defilement and teenage pregnancy, is meeting officials, the Friends of the Family Coordinators, partners among many others , ,

    Prikaži ovu nit
    Poništi
  21. 29. sij

    Umwe mu babyeyi bitabiriye inama y’abangavu babyaye muri ashimiye n'izindi nzego bafatanyije kuyitegura kuko we na bagenzi be bayungukiyemo byinshi batari basanzwe bazi , ,

    Prikaži ovu nit
    Poništi

Čini se da učitavanje traje već neko vrijeme.

Twitter je možda preopterećen ili ima kratkotrajnih poteškoća u radu. Pokušajte ponovno ili potražite dodatne informacije u odjeljku Status Twittera.

    Možda bi vam se svidjelo i ovo:

    ·