PM @EdNgirente: Nshimishijwe no kwifatanya namwe mwese by’umwihariko abagize umuryango mugari wa Kaminuza y’u Rwanda, muri ibi birori byo guha impamyabumenyi abanyeshuri 7,050 barangije neza amasomo yabo, mu byiciro bitandukanye by’ubumenyi, uyu mwaka wa 2018.
-
-
Minisitiri w’Intebe
@EdNgirente yibukije ko umubare munini w’abanyeshuri ugiye kuza kwigira mu mujyi wa Huye ari amahirwe yo kurushaho guteza imbere uyu mujyi. Abikorera abashishikarije kwitegura neza kwakira uyu mubare munini banoza serivisi bazaba bakeneye.Show this thread -
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente: Mboneyeho kandi gushyigikira igitekerezo Kaminuza y’u Rwanda yagize cyo guhuriza hamwe abayizemo kugira ngo bayunganire muri gahunda zayo zitandukanye z’iterambere.
Show this thread -
Minisitiri w’Intebe yongeye gushimira abayobozi, abarimu n’abakozi ba Kaminuza y’u Rwanda kubera uruhare rwabo rugaragara mu gufasha Kaminuza kugera ku nshingano zayo. Yongera no kubizeza ko Guverinoma y’u Rwanda, mu bushobozi bwayo, izakomeza kubashyigikira.
Show this thread
End of conversation
New conversation -
Loading seems to be taking a while.
Twitter may be over capacity or experiencing a momentary hiccup. Try again or visit Twitter Status for more information.